in

Nyabugogo; umusore yibye Konyagi agongwa n’imodoka ubugabo bwe buhita bucika

Umusore bicyekwa ko yibye inzoga izwi nka Konyagi yirutse, ubwo yageraga muri Feux rouge yahise agongwa n’imodoka arakomereka bikabije kuko n’ubugabo bwe bwahagendeye.

ibi byabaye none ku wa 14 werurwe 2023 ahagana saa kenda ku muhanda werekeza mu gatsata ubwo yagongwaga n’imodoka kubera umuvuduko mwinshi ubugabo bwe burakomereka cyane.

nyuma yo gukomereka ubugabo bwe, abantu bahise bihutira kumutwikira ahagana ku bugabo bwe.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa wa Bill gates yatunguranye agaragaza umukunzi we ndetse anatukana n’abantu

Umurambo warugiye gushyingurwa wavuye mu isanduku abantu bavuza induru(Videwo)