in

“Ntunyobye rwose nta mukire ubyina nabi wa mugabo we”: Coach Gael akomeje kuvugisha benshi bavuga ko yarushije Bruce Melodie na Element kubyina indirimbo ya Chriss Eazy na Shaffy -AMASHUSHO

“Ntunyobye rwose nta mukire ubyina nabi wa mugabo we”: Coach Gael akomeje kuvugisha benshi bavuga ko yarushije Bruce Melodie na Element kubyina indirimbo ya Chriss Eazy na Shaffy.

Amashusho y’umuherwe Coach Gael ari kumwe na Bruce Melodie ndetse na Element bari kubyina indirimbo ya Chriss Eazy na Shaffy bise “Bana” yavugishije benshi ubwo umusobanuzi wa filime Junior Giti yabazaga abantu uwo babona azi guceza kurusha undi maze buri wese agenda agaragaza uwamweje.

Amashusho:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arusha ubwiza abavutse ari abakobwa! Ubwiza n’imiterere bya Jay wahoze ari umuhungu akaza kwihinduza umukobwa bukomeje gutangaza benshi – Amafoto

Umudamu yaciye inyuma umugabo aryamana na ex we kubera impamvu ikomeye none yasanze yaranduye kabutindi gusa yabuze icyo yakora