in

Ntibatuma apfa urwo atakatiwe! Abaganga bari kurwana na kurokora ubuzima bw’imfungwa idapfa itaranyongwa

Umugororwa wakatiwe igihano cyo kwicwa anyonzwe, yakoze impanuka ajyanwa mu bitaro abaganga batangira ku mwitaho ngo ataza kunogoka ataranyongwa.

Imodoka yari itwaye imfungwa n’abagororwa yakoze impanuka mu gace kitwa Ukonga, hanyuma bahita bakora ubutabazi bwihuse abakomeretse bagezwa kwa Muganga ngo bavurwe.

Muri abo bafungwa harimo uwari wakatiwe igihano cyo kwicwa anyonzwe, ubwo yagezwaga kwa Muganga, abaganga bakoze ibishoboka ngo baramire ubuzima bwe ataza kwitaba Imana igihano cye kidashyizwe mu bikorwa.

Ntamakuru menshi yatangajwe ndetse n’amazina y’uyu mugabo bivugwa ko abaganga bariho bamwitaho by’umwihariko ngo adapfa igihano cye cyo kunyongwa kidashyizwe mu bikorwa.

Ikigaragagara nuko abacunga gereza hamwe n’abaganga ba mu kikije ndetse nawe aho aryamye ku gitanda cy’abarwayi bigaragara ko yakomeretse bikomeye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nta muntu utabibona: Miss Nyambo akomeje kuvugisha benshi bitewe n’uburyo Imana yamuremye

Kigali umuryango wose bawusanze mu nzu umaze iminsi upfuye