in ,

YEGOKOYEGOKO

Nta wubura ishyano ashyuha: Umugabo yapfuye mugihe yari ari muri yagapfe yagapfe n’indaya

Umusore uzwi ku izina rya Marshall, ngo yaba yarapfuye ubwo yasambanaga n’umugore ukekwaho kuba ari indaya i Jesse, mu bwami bwa Idjere, mu gace ka Ethiope y’iburengerazuba bw’akarere ka Delta, muri Nijeriya.

Byavuzwe ko nyakwigendera yajyanye indaya maze atira inzu umwe mu nshuti ze, aho baje gukora imibonano mpuzabitsinda nyuma akaza gushiramo umwuka. Iyi ndaya ngo yahise ijyana nyakwigendera mu bitaro bya Sawbrade i Jesse, maze ahungana ikarita ye ya ATM na terefone.

Ariko, ntamuntu numwe harimo ninshuti yari yamutije inzu washonoye umenya umwirondorio w’iyo ndaya.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umufana ukomeye wa Manchester United yatawe muri yombi nyuma yo guhamya ko izegukana UEFA Champions league

Social Mula yaba yaratandukanye n’umugore we babyaranye abana 2 ? | Inkuru irambuye