in

Ntabwo bizoroha: Umuhanzi Bruce Melodie yafashe abahanzi nyarwanda araterura akubita hasi maze Chriss Eazy amugwa inyuma

Ntabwo bizoroha: Umuhanzi Bruce Melodie yafashe abahanzi nyarwanda araterura akubita hasi maze Chriss Eazy amugwa inyuma.

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie akomeje kuyoboza inkoni y’icyuma abahanzi nyarwanda dore ko nyuma yaho yegukanye igikombe muri Trace Awards ubu akomeje urugamba rwo guhaka bagenzi bo mu Rwanda bakora umwuga umwe.

Indirimbo Bruce Melodie yasubiranyemo na Shaggy bise “Whe she is around” niyo iyoboye urutonde rw’indirimbo zikuzwe kurusha izindi ku InyaRwanda mu gihe indirimbo ya Chriss Eazy na Shaffy bise “Bana” ibagwa mu ntege.

Dore uko urutonde rw’indirimbo 10 zikuzwe kurusha izindi ku InyaRwanda zikurikirana aho Bruce Melodie na Shaffy bayobje inkoni y’icyuma bagenzi babo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yambaye ikariso ya 300 rwf! Marina yagiye kurubyiniriro umufana abona ari kwambara ubusa ahita umumanurira akajipo ariko Marina ntiyabikozwa ahita yongera arakazamura akomeza kwiyerekera abari imbere ye – videwo

Mu mashuri yo mu Rwanda hateye umuzimu utaramenyekana aho waturutse