in

Nta sheni idacika! Amakuru meza ku munyarwenya Nyaxo wari ufungiwe i Burundi

Kanyabugande Olivier wubatse izina nka Nyaxo n’itsinda ry’abo bari bamaze igihe bafunganywe i Burundi barekuwe kuri uyu wa 13 Ukuboza 2023.

Amakuru yizewe atugeraho ahamya ko Nyaxo n’itsinda ry’abantu bari bamaze igihe bafunganywe bamaze kurekurwa nyuma y’ibyumweru bibiri bibura iminsi mike.

Amakuru ahari avuga ko Nyaxo n’itsinda ry’abo bari bafunganywe bafatiwe i Burundi mu ijoro ryo ku wa 2-3 Ukuboza 2023.

Icyatumye aba basore barimo Nyaxo uri mu banyarwenya bubatse izina mu Rwanda batabwa muri yombi, ntabwo cyakunze kuvugwaho rumwe cyane ko nta rwego na rumwe rwigeze rwemeza amakuru y’itabwa muri yombi rye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese Yolo wagiye ujya gukora isuku ku mva ya Mama wawe! Yolo The Queen mu gahinda kenshi yanze kuripfana asubiza umuntu wamubwiye ngo ajye ajya gukora isuku ku mva ya Mama we

Ntaguca ku ruhande Yolo The Queen yasubije umuntu wamubajije abagabo bamaze kumukora ku kibuno