in

Nta muntu uzongera gupfira mu mpanuka kenyege! Abamotari bagizwe abaganga b’ibanze

Nta muntu uzongera gupfira mu mpanuka kenyege! Abamotari bagizwe abaganga b’ibanze.

Umuyobozi ushinzwe ubutabazi bw’ibanze muri RBC yatangaje ko bamaze guha abamotari bagera kuri 500 ubumenyi bw’ibanze bwo gutanga ubutabazi bw’ibanze ku bantu bakoze impanuka.

Yavuze ko impamvu bahisemo gutaoza aba bamotari ari uko abamotari bakunze kugera ahantu habereye impanuka cyane ndetse nabo ubwabo ugasanga bahura nazo cyane.

Ati kandi ibi bizafasha mu kugabanya imfu z’abantu bagwaga mu mpanuka kuko wasangaga iyo habaga impanuka, abaganga bajyaga kuhagera hari abamaze kuremba ndetse na bimwe mu bice by’umubiri byabo bikangirija. Ati ” Ariko ubwo aba bamotari bahawe ubumenyi bizajya bituma batanga ubutabazi bw’ibanze bitume abaganga bahagera uwakoze impanuka atangiritse cyane”.

Ndetse ibi byo gutoza abamotari ntibirangiriye aha kuko bazagenda batoza n’abandi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Pierre urasubiramo. Ntabwo nsubiramo” Wa mugabo witwa Pierre wanze gusubiramo indahiro ku Murenge yavuze ukuntu byagenze kugira ngo yange kongera gusubiramo (VIDEWO)

Yisekuye hasi bagira ngo arasandaye ariko yahagaritse bwangu! Umugabo w’umurokore yabyinnye imbere y’abakirisitu mu buryo budasanzwe kugeza hari n’abari kwibaza imbaraga zamukoreshaga (VIDEWO)