in

Noneho barabaho gute? Abashoferi barenga 8000 bambuwe impushya zo gutwara ibinyabiziga ‘Perime’

Mu mpera ziki Cyumweru, Polisi ya Tanzania, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryambuye uburenganzira bwo gutwara ibinyabiziga abashoferi 8,237 barimo abatwaraga imodoka rusange n’amakamyo, nyuma yo kugaragarwaho n’amakosa atandukanye.

Ramadhani Ng’anzi ushinzwe Ishami rya Polisi yo mu muhanda, yavuze ko bahagaritse n’amashuri 161 yigishaga amategeko y’umuhanda, kubera ko atujuje ibisabwa.

Yavuze ko hari abantu benshi bari bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga batarigeze bahabwa amasomo ajyanye n’amategeko yo mu mahanga, biri mu byateraga impanuka, nkuko Ibiro Ntaramakuru Xinhua byabitangaje.

Ng’anzi yavuze ko izo mpushya batesheje agaciro

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Azakomeza azibe ntamiyaga! Rutahizamu wirukanwe muri Rayon Sports yamaze gusinyira ikipe ikomeye

Arahogoza ijwi rigashirayo! Umunyamideli Moses nyuma y’igihe atagaragara ku mbuga yagarukanye isura nshya -Amashusho