Mu mujyi wa Kigali ahazwi nko ku Irebero habereye impanuka ya bisi itwara abanyeshuri y’ikigo cya Parth to success yarenze umuhanda igwa mu ishyamba.
Kugeza ubu hari imodoka nyinshi zitwara abarwayi hamwe n’inzego z’umutekano .
Hakaba hataramenyeka abagizweho n’ingaruka niyo mpanuka.