in ,

Nizzo yandagajwe n’abafana be azira kuba yaratereranye umwana yabyaye kugeza apfuye

Nizzo Muhamed, umwe mu basore batatu bagize itsinda rya Urban boys yibasiwe n’abafana be nyuma yo gushyira hanze ifoto ye aho bamwe bamushinje gutererana umwana bivugwa ko yabyaye i Rubavu kugeza ashizemo umwuka habuze amafaranga yo kumujyana kwa muganga. Uyu mwana uri mu kigero cy’imyaka ibiri bivugwa ko Nizzo yabyaye i Rubavu akamwihakana aheruka kwitaba Imana ku italiki ya 13 Z’uku kwezi ndetse nyina w’uyu mwana avuga ko yazize kubura mutuelle ngo avuzwe neza kandi ko yasabye Nizzo kumuha ubufasha ngo uyu mwana avuzwe akamwamaganira kure.

Iyi niyo foto Nizzo yashyize hanze

Nkuko bamwe mu bafana ba Nizzo babitangaje nyuma yuko Nizzo ashyize hanze iyi foto ye, bakomeje kugenda bayivugaho byinshi gusa haje gutungurana umwe mu bafana ba Nizzo wamwandagaje amuziza kuba yaratereranye umwana yabyaye mpaka apfuye.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Nizzo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Amandah yerekanye ibice by’ibanga bye ku karubanda abantu barumirwa (video)

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Rayon Sport yamaze kwerekeza ku mugabane w’iburayi