in

Niyo Bosco nyuma yo kuva muri Mie Empire ya M Irene abakunzi be hari icyo yabateguje

Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco wamenyekanye nka Niyo Bosco muri muzika nyarwanda mu minsi mike ishize yatandukanye na Irene Murindahabi batangiranye akaba yaramurebereraga inyungu gusa yatangaje ko atagiye kure ya M Irene bazajya bakorana.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yatangarije abamukuricyira kuri urwo rukuta ababwira ko muri iyi minsi azageza ku bakunzi be indirimbo ziri hamwe ibi bizwe nka EP gusa yongeye kuva ga ko mbere y’iyo Ep azabanza kubagezaha indirimbo ye vuba.

Amakuru atangazwa n’abakurikirana hafi Imyidagaduro nyarwanda bavuga ko uyu musore ashobora kuba agiye kujya gufatanya na KIKAC basanzwe bareberera inyungu umuhanzi Bwiza

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa Radiotv10 yihenuye kuri Bruce Melodie avuga ko ntacyo amurusha

Mom comforts an upset, jilted son with her mouth.