in

Niba uzi uyu mwana w’umukobwa wahamagara izi nimero agahabwa ubufasha kuko impano ye ntisanzwe

Niba uzi uyu mwana w’umukobwa hamagara izi nimero agahabwa ubufasha kuko impano ye ntisanzwe.

Umwe mu bahanga mu gutungaya amajwi y’Indirimbo z’Abahanzi, cyane cyane izo kuramya no guhimbaza Imana , ariwe Papa Emile Nzeyimana arimo gushakisha uyu mwana w’umukobwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga arimo ararimba kugira ngo abashe kuba yamufasha. Niba rero umuzi ushobora guhamagara kuri iyi nimero 0783786569.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushakashatsi bwagaragaje indeshyo n’ingano y’amabuno y’abagore akundwa cyane n’abagabo

Nyabugogo: Abafana ba APR FC bakoze akarasisi ko guhabya aba- Rayon – VIDEWO