in

Ni yo Biryogo yo mu Bufaransa: Château Rouge, agace k’i Paris kabamo Abanyafurika gusa, aho bakoreramo ibikorwa byose bitemewe na Leta y’u Bufaransa

Mu mujyi wa Paris hari agace kitwa Château Rouge aho hazwi kubayo Abanyafurika gusa.

Ni agace usangamo Abanyafurika bagiye batandukanye aho indimi zose zo muri Afurika zivugwa muri aka gace.

Aka gace kabarizwamo abazunguzayi ku bwinshi aho bahora bakwepana na Leta y’u Bufaransa.

Aha kandi uhasanga ibiyobyabwenge ku bwinshi kuko bameze nk’abigenga.

Muri aka gace kandi byakugora kuhabona umuzungu ubatuyemo keretse bamwe na bo baba badashobotse.

Ikindi kandi ubuzima bwo muri aka gace bukunze korohera Abanyafurika kuko basangayo bagenzi babo bahuje imico.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babivuze ukuri ngo burya si buno! Ikipe ya Musanze FC ikomeje gukandagira isyonyora amakipe yo mu Rwanda -IFOTO

“Ahubwo n’uko batabizi nge ndatwita nkanibaruka” Umuhanzi Junior Rumaga yaciye amazinwe ku byo kubyarana na Bahali Ruth bamaze iminsi barikoroza