in

Ni we wa mbere ku isi ubikoze: umuherwe yirukanye abakozi be 900 mu isaha imwe||uko byagenze

Mu minsi ishize  abakozi 900 bose bakorera boss umwe bahuye n’uruvz gusenya maze birukanwa ku kazi icyarimwe bamera nk’abakubiswe ninkuba.

Ni ibintu bidasanzwe ndetse ntitwatinya kuvuga ko aribwo bwa mbere byaba bibaye mu mateka yisi.Uyu muherwe wakoze ibi akomoka mu Buhinde ariko  yirukanye aba bakozi bagera kuri 900 mu nama bakoreye kuri video (zoom call)kandi akaba ari inama yamaze iminota itanu gusa,ibi yabikoze mu gihe habura igihe gito ngo abantu bizihize iminsi mikuru isoza umwaka atabateguje. Aya makuru yamenyekanye ubwo umwe mu bakozi be wari mu nama yashyize hanze video kuri Twitter avuga akaga bahuye nako abantu bifata ku munwa.

Uyu mugabo usanzwe anakuriye ikigo cyitwa better.com yatangaje ko abakozi bagera kuri 15% biki kigo bagomba kwirukanwa muri iyo nama ikaba yari yatumiwemo abagomba kwirukanwa.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gicumbi:Umusore yafashwe yibye ihene akubitwa nk’izakabwana (Video)

Musore/mugabo: ntuzibeshye ngo usome umukobwa kuri ibi bice by’umubiri, ibizamubaho birakureba.