in

Ni agahomamunwa: umugore yasambanye n’abagabo 18 icyarimwe umugabo we areba.

Umugore yasambanyijwe n’ abagabo 18 umugabo areba ashaka kwinezeza.yu mugore ngo ntiyari yarigeze asambana na rimwe kugeza ashatse umugabo.

Uyu mugore wo mu gihugu cya Australia witwa Louise, avuga ko yakuriye mu muryango ukomeye mu idini ry’ abagatolika ku buryo yifashe kugeza ashinze urugo.

Louise yabwiye ikinyamakuru The Sun ko amaze gushakana n’ umugabo yagiye arushaho kugira irari ry’ abagabo, akabiganirizaho umugabo we umugabo akamureka akajya gusambana ahandi gusa akamusaba kutibagirwa agakingirizo.

Umunsi uyu mugore yabwiye umugabo we ko ashaka gusambana n’ abagabo benshi icyarimwe ngo yumve uko bimera nabyo umugabo arabimwemerera aranamuherekeza.

Louise ati “Maze gusambana n’ abagabo 10, ku ruhande mpabona abandi 8 bategereje numvise ndi guhinduka igihangange”.

Uyu mugore avuga ko kuba yararikiye abandi bagabo atabitewe n’ uko umugabo we atamunyura ngo ahubwo yumvaga muri ashaka kugira ubundi bunararibonye.

Louise ati “Umugabo wanjye nasanze ashimishwa no kubona aho ntera akabariro n’ abandi bagabo”.

Aussie Louise yabwiye itangazamakuru ko kuba yararyamanye n’ abagabo 18 ijoro rimwe akabyihanganira kandi akabishobora byamuhaye imbaraga zimubwira ko icyo ikiza cyose yakwiyemeza yakigeraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere mico the best yerekanye umwana we (Amafoto)

Menya ibintu bibi ukwiye kwirinda gukora nyuma yo gufata amafunguro ya nijoro.