Ku cyumweru mu Karere ka Ngoma hafashwe abasore babiri bakekwaho kwiba moto yo mu bwoko bwa Bajaj n’igare bakabihisha mu gihuru.
Abafashwe ni uwitwa Niyitanga Gilbert w’imyaka 20 y’amavuko na Cyiza Jean Claude w’imyaka 19 bafatiwe mu kagari ka Nkanga mu murenge wa Sake ahagana saa yine n’igice z’ijoro.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’ Iburasirazuba, Hamdun Twizeyimana, yabwiye urubuga rwa Polisi dukesha iyi nkuru ko abacyekwa bafashwe ubwo abapolisi bari bari mu kazi gasanzwe ko gucunga umutekano
Bakimara gufatwa biyemereye ko ari ibyo bibye, bavuga n’abo babyibye ku munsi wo ku wa Gatandatu, bakaba bari bafite gahunda yo kubishakira umukiriya
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.