in

Ndimbati yasabiwe gufungwa imyaka 25 muri gereza

Mu Rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hari kuburanishwa urubanza rwa Uwihoreye Jean Paul uzwi nka Ndimbati, ukurikiranyweho ibyaha birimo kunywesha umwana inzoga no gusambanya umwana.

Ni urubanza rwatangiye kuburanishwa ariko Ndimbati wagombaga kugezwa ku rukiko aburanira ku ikoranabuhanga kuko atigeze ashyirwa mu bagomba gusohoka muri gereza ya Mageragere afungiyemo.

Mu kwiregura, Ndimbati yemeye ko yabyaranye n’uwo mukobwa ariko avuga ko baryamanye yujuje imyaka y’ubukure bityo ko ibindi birego aregwa bishingiye ku kagambane kabayeho k’abifuzaga kumuharabika.

Ubishinjacyaha bwasabiye Ndimbati guhabwa igifungo cy’imyaka 25 gihabwa uwasambanyije umwana utari wuzuza imnyaka y’ubukure.

Inkuru yose ni mukanya

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru ugomba kumenya ku rugendo rwa Apr Fc yerekeza muri Tunisia gukina na US Monastir

Wambaye neza! Imyambarire y’Umunyamakuru Axel Rugangura yemeje abantu kuri instagram