in

Nawe ubwe yisetse: Umugore w’uwahoze ari umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda Bienvenue Redemptus yakoze agashya mu bukwe bwe (VIDEWO)

Mu bukwe bwa Bienvenue Redemptus wahoze ari umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda, wari wasezeranye n’umukunzi we Igihozo Divine, uyu Divine wari umugeni yakoze agashya maze abantu baraseka.

Ubwo umwe mu basaza bakuru bari muri ubu bukwe bwabaye kuri iki cyumweru tariki 28 Gicurasi 2023, yahamagaye umugeni ‘Divine’ maze aramuramutsa, amubajije ati “Gira umugabo?” umugeni yagize ati “Ndamukugize.” abari aho bahise baseka ndetse nawe ubwe ahita yiseka.

Ni mu gihe, ubusanzwe iyo umuntu mukuru abajije umwari ati “Gira umugabo?” umwari asubiza ati “Ndamushimye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza cyane kandi yihutirwa kuri Mukunzi Yannick wari waraburiwe irengero mu ikipe y’igihugu

“Burya afite akabaraga sha!” Clapton Kibonke yagaragaye ahetse umugore we umurusha ibiro byinshi urukundo ari rwose – AMAFOTO