in

“Nateye imbere pe!” Umunyamakuru wa RBA yivuze imyato nyuma y’uko umukobwa we w’imfura yasoje amashuri y’incuke bakamwambika imyambaro se yambaye bwa mbere asoje kaminuza (AMAFOTO)

“Nateye imbere pe!” Umunyamakuru wa RBA yivuze imyato nyuma y’uko umukobwa we w’imfura yasoje amashuri y’incuke bakamwambika imyambaro se yambaye bwa mbere asoje kaminuza.

Umukobwa mukuru wa Kayishema Titi Thierry yasoje amashuri y’incuke.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Kayishema yasohoye amafoto y’umukobwa we avuye guhabwa icyemeza ko asoje amashuri y’incuke.

Nyuma y’ayo mafoto yashyizeho amagambo agira ati: “Muri Kanama 2013 nifotoje iyi foto i Ruhande kwa Mpandahande (bwiza si ifoto ni igikorwa cyari gisojwe).

Akomeza agira ati: “Nyuma y’imyaka 10, umukobwa mukuru wo mu rugo yambwiye ko ku ishuri ryabo baza kwambara amakanzu yo kwishimira ko bavuye mu cyiciro cy’incuke bagiye kwiga amashuri abanza.”

Yasoje agira ati: “Sinzi igisobanuro nyacyo cy’iterambere, ariko ndumva kiri mu byo mvuze ‘nateye imbere pe!”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kirehe: Umusore wari warariye ideni ry’undi musore, yasanzwe mu rwuri yatemaguwe

Bigirimana Abedi agiye kuba umukinnyi wa 3 uhembwa amafaranga menshi mu ikipe ya Rayon Sports, menya abari imbere ye