in

“Nasanze atwite?” Bwa mbere Sentore Lionel yavuze ikintu cyasenye urugo rwe na Bijoux bivugwa ko yarongowe atwite inda itari iya Sentore basezeranye (VIDEWO)

Umugabo wa Bijoux, Sentore Lionel basezeranye gusa bakaza gutandukana nyuma y’igihe gito, yavuze icyatumye batandukana.

Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV, Sentore yavuze ko we na Bijoux batandukanye bakimara kubana.

Akomeza avuga ko yazanye Bijoux mu rugo rwe ni uko maze nyuma baza gutandukana kuko hari ibyo bombi batumvikanyeho.

Uyu mugabo wibera iburayi yabajijwe ku bijyanye n’umwana Bijoux aherutse kubyara.

Sentore yahise nawe abaza Sabin, ati: ” Nasanze Bijoux atwite […] ahubwo vuga ko naje mu Rwanda yarabyaye.”

Sentore ntakindi kintu yigeze ashaka gutangaza ku bijyanye n’umwana Bijoux aherutse kwibaruka ndetse aho yavuze ko bombi batandukanye.

https://www.instagram.com/reel/CsHmMVCtauM/?igshid=NTc4MTIwNjQ2YQ==

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntanubwo bagihenda! Umugabo yahuye n’uruvagusenya nyuma yo kujya kugura indaya maze asoje kwisayidira agenda atayishyuye imukoza isoni – VIDEWO

Mu byishimo nk’iby’umushumba ufite ihene zihaka, Miss Ishimwe Naomie ari kubyinira ku rukoma nyuma yo kumara akanya ahangayitse