in , ,

Nakumiro: Umukobwa ararira ayo kwarika nyuma yuko yongeye gutwita kandi amaze gukuramo inda ubugira kabiri

Umukobwa w’imyaka 20 yaciye ku mbuga nkoranyambaga ashaka ubufasha nyuma yo gutwita ku nshuro ya gatatu mu myaka itatu.

Nkuko yabitangaje mu ruhererekane rw’inyandiko yashize ku rubuga rwa Twitter, yabanje gusama afite imyaka 17 igihe yari ku ishuri. Kubera ishuri no kwirinda gukorwa n’isoni, uyu mukobwa utazwi yavuze ko yahise akuramo inda.

Nyuma yimyaka ibiri, umukobwa yavuze ko yiboneye umukunzi mushya amaherezo birangira nabwo atwise.

Kubera iyo impamvu nkiyo yatanze akuramo inda igihe yatwitaga bwa mbere, umukobwa yavuze ko nabwo yahise afata umwanzuro wo gukuramo nda ku nshuro ya kabiri.

Ku myaka 20 ubu yavuze ko yasamye kandi atazi icyo gukora. Uyu mukobwa yajyanye ikibazo cye ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo arebeko abamukurikira bamugira inama y’icyo gukora.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe mu baturage baravuga ko batazi Miss Rwanda ndetse ntibabona n’ibikorwa umukobwa wegukanye iri kamba akora (Videwo)

“Umusore uguha amafaranga utayamusabye n’ijuru yariguha” Shaddyboo yongeye gutuma abafana be bavuga