in

Nagaruka hazajya hahira rimwe! Bahavu Jeannette ari kubarizwa muri Korea y’Epfo ahakorewe filime nka Squid Game akaba ari kwihugura ibya sinema

Bahavu Jeannette umaze kuba ikimenyabose muri sinema nyarwanda, mu kuzikina, kuzandika ndetse no kuziyobora, ubu ari kubarizwa muri Asia muri Korea y’Epfo, aho ari mu mahugurwa yo gutunganya filime mu myandikire, mu miyoborere yazo ndetse n’ibindi bijyana nazo.

Bahavu usanzwe uyobora akanakina muri filime ‘Impanga’, ikunzwe hano mu Rwanda, ari muri Korea y’Epfo ahakorewe filime nka Squid Game yamenyekanye ku Isi yose doreko yinjije akaya k’amamamiliyoni zirenga 500 z’amadorari.

Uyu mubyeyi kandi aherutse kwegukana igihembo cyateguwe na Rwanda International Movies Award (RIMA), cyari kigizwe n’imodoka y’agaciro ka miliyoni 12 Frw.

Bahavu Jeannette ari kubarizwa muri Korea y’Epfo aho ari guhugurwa ibya sinema
Abakinnye muri filime Squid Game

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Husna
Husna
10 months ago

Mwiriwe nukuri ndamukunda kandi nishimiye kumva iyinkiru I wish one day to join with her nd I want to play movie with her

Yanze kuyijyamo: Hakizimana Muhadjiri wari witezwe muri Rayon Sports byarangiye ayiteye umugongo

Bari kurira ayo kwarika: Abayisilamu batanze akayabo ngo berekeze i Maka bikarangira batagiyeyo batangaje impamvu nyamukuru yabiteye