in

N’Abakuru kwihangana byanze bararira! Mu muhango wo gusezera nyakwigendera Alain Nzeyimana umugore we avuze ubutwari bwe abaraho bose baraturika bararira -AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2023, habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Alain Nzeyimana, wayoboraga Itorero #InganzoNgari.

Umuryango, inshuti, abavandimwe n’abandi bagarutse ku buzima bwamuranze, ashimirwa uruhare rwe mu gusigasira umuco w’u Rwanda n’imibanire myiza yamuranze.

Umugore we yavuze ko imyaka 19 yari ishize barwubakanye neza, amushimira urukundo yamukunze.

Yavuze ati “Imana ndayishimira cyane kuba yaratumye menyana na Alain, muri iyi myaka 19 ishize, Twabanye neza, dufatanya muri byose, twumvikana, Alain yari imfura, yari mugari, urukundo rwinshi, umurava, yakundaga abantu bose”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dr Apôtre Paul Gitwaza yagejejwe mu nkiko n’abashumba bagenzi be bo muri Zion Temple nyuma yo kumweguza akanga kuvaho

Umugore n’umugabo babana bahuje ibitsina umwe yananiwe kubaho adafite undi ahitamo kuva iwabo bajya kwibanira – videwo