in

Na we ntiyatanzwe! Umunyamakuru Tidjara Kabendera ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda

Na we ntiyatanzwe! Umunyamakuru Tidjara Kabendera ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda .

Umunyamakuru Tidjara Kabendera wakunzwe kuri Radio Rwanda ari kubarizwa mu Burundi.

Tidjara Kabendera ari mu banyarwanda bitabiriye igitaramo cya The Ben i Burundi.

Ni igitaramo cy’imbaturamugabo kizabera i Bujumbura ku munsi w’ejo tariki ya 1/10/2023.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amatariki y’ubukwe bayashyize hanze! Umuherwekazi Zari Hassan wabyaranye na Diamond Platinimz birangira umusore arusha imyaka 12 amugize umugore we byemewe

Ifoto ya weekend! Umufana wa Rayon Sports yahawe urwamenyo kubera ibyo yari yanditse ku mwenda we ashinyagurira mukeba APR FC – IFOTO