in

Na Diamond Platnumz azaza! Ibyamamare bizitabira ubukwe bwa The Ben na Miss Uwicyeza Pamella byamaze kumenyekana

Ibyamamare bizitabira ubukwe bwa The Ben na Miss Uwicyeza Pamella byamaze kumenyekana.

Otile Brown na Diamond Platnumz bari mu byamamare bishobora kuzitabira ubukwe bwa The Ben na Miss Pamella.

Ubwo yari avuye muri Canada ageze ku kibuga k’indege cya Kigali i Kanombe, The Ben yavuze ku byamamare bizitabira ubukwe bwe.

Yabajijwe ku makuru avuga ko yamaze gutumira abirimo Tiwa Savage mu bukwe bwe maze avuga ko atazi aho ayo makuru aturuka.

Avuga ko Otile Brown yamaze kwemeza ko azitabira ubukwe bwe, kuri Diamond Platnumz we ntiyari yabyemeza gusa yaratumiwe.

Kuri Tiwa Savage ho yavuze ko batajya bavugana.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafashe umwanzuro ukomeye ku mukinnyi wagombaga gutandukana n’iyi kipe mu minsi micye iri imbere bishimisha benshi

Umugabo w’i Nyagasambu yaguze inka abura aho ayitwara ayitegera moto ayitwaraho – VIDEWO