in

“My MILELE” Bwambere Element Eleeeh yerekanye umukobwa yakoreye indirimbo ye nshyashya yitwa MILELE

Mu minsi yashize nibwo umuhanzi Element yatangaje ko agiye kujya akora indirimbo zo mu njana ya Afro Gako , ndetse kuri ubu yamaze gushyira hanze indirimbo yumvikanamo iyi njyana ya Afro Gako, ni indirimbo yise MILELE.

Nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze audio yiyi ndirimbo , yahise anatangaza umukobwa watumye akora iyi ndirimbo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije ifoto  arikumwe n’umukobwa w’ikizungerezi , ubundi agira ati “My MILELE”.

Ibi bica amarenga ko uyu musore ashobora kuba ari mu rukundo n’uyu mukobwa

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

“Ntamusore wo mu Rwanda uri ku rwego rwa Jolly!” Bakame yakojeje agati mu ntozi

Umugabo we yamutaye atwite bari hafi no gukora ubukwe ! Dore uko byagenze hagati ya Anita Pendo n’uwari umugabo we Ndanda

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO