in

“My MILELE” Bwambere Element Eleeeh yerekanye umukobwa yakoreye indirimbo ye nshyashya yitwa MILELE

Mu minsi yashize nibwo umuhanzi Element yatangaje ko agiye kujya akora indirimbo zo mu njana ya Afro Gako , ndetse kuri ubu yamaze gushyira hanze indirimbo yumvikanamo iyi njyana ya Afro Gako, ni indirimbo yise MILELE.

Nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze audio yiyi ndirimbo , yahise anatangaza umukobwa watumye akora iyi ndirimbo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije ifoto  arikumwe n’umukobwa w’ikizungerezi , ubundi agira ati “My MILELE”.

Ibi bica amarenga ko uyu musore ashobora kuba ari mu rukundo n’uyu mukobwa

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntamusore wo mu Rwanda uri ku rwego rwa Jolly!” Bakame yakojeje agati mu ntozi

Umugabo we yamutaye atwite bari hafi no gukora ubukwe ! Dore uko byagenze hagati ya Anita Pendo n’uwari umugabo we Ndanda