in

Mutesi Jolly yashyize hanze ukuri ku bavuze ko yamaze gufatirwa irembo yaba agiye gusezerana

Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly ukiri mu byishimo byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko, yahakanye amakuru avuga ko yaba yaramaze gufatirwa irembo (yaba agiye gusezerana).

Ibi yabitangaje nyuma y’amashusho y’ashyize ku rukuta rwe rwa X, ashimira abamwifurije isabukuru nziza maze bamusaba ko igisigaye ari ukwerekana ubukwe.

Aba bamwufurije isabukuru, nyuma baje kuvuga ko bivugwa ko haba hari umusore wamaze gufata irembo. Ibi Jolly yabihakaniye kure cyane.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yago ubunyamakuru n’umuziki biramunaniye none yisunze kuri Mama Buryohe na Papa Buryohe bafatanya kwigisha uko abakuru bakora ibintu byabo – videwo

Mc Nario yerekanye ubukire bwe azana ibandari ry’amafaranga akayaha Titi Brown mu byiciro