in

Mutekano bamuguye gitumu ari gusambana n’abagore babiri bafite abagabo, abaturage bahita bakora imyigaragambyo

Mutekano bamuguye gitumu ari gusambana n’abagore babiri bafite abagabo, abaturage bahita bakora imyigaragambyo

Umugabo wo mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Cyanzarwe Akagari ka Rwangara ushinzwe umutekano yafashwe ari gusambana n’abagore babiri bafite abagabo.

Umwe mu  bagabo wasambanyirijwe umugore yavuze ko yabyutse agashaka umugore ariko aramubura gusa atungurwa nuko bamuhamagaye bamubwira ko umugore we bamufashe ari gusambana na mutekano.

Umugore wa mutekano nawe yavuze ko yatunguwe cyane no kubona umugabo we asambanira n’abandi bagore mu buriri bwe.

Abaturage barakaye cyane basa nkabakora imyigaragambyo bamagana uwo mutekano, dore ko banamwanze bajya kumushyiraho ngo kuko yari asanzwe abasambanyiriza abagore.

Ubuyobozi buvuga ko bugiye kwiga kuri iki kibazo bakareba ko amakuru atangwa ariyo, yaba ariyo akazabihanirwa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabarongoreye rimwe! Umugabo yakoze ubukwe n’abakobwa batatu ku munsi umwe – Amafoto y’ubukwe

Aho kuvumba habonetse ku bwinshi! Nyampinga w’u Rwanda 2012 Aurore Kayibanda imyiteguro y’ubukwe irarimbanyije