in

Muri uyu mugoroba i Rwamagana habereye impanuka ikomeye y’ubwato abatari bake bahasiga ubuzima

Muri uyu mugoroba i Rwamagana habereye impanuka ikomeye y’ubwato abatari bake bahasiga ubuzima

Mu ma Saa cyenda ashyira Saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Mutarama 2024 , mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Karenge mu kiyaga cya Mugesera habereye impanuka y’ubwato.

Ni ubwato bwambukagaga ikiyaga bwikoreye imizigo ndetse n’abantu bari mu rugendo bambuka, biratekerezwa ko impanuka yaba yatewe n’ibiro byinshi mu bwato.

Ubwo YEGOB yakoraga iyi nkuru, abantu bagera ku 10 nibo bari bamaze kugaragara ko bahasize ubuzima, ndetse ubuyobozi ku bufatanye n’abaturage bakomeje gushakisha abandi baba barohamye.

Andi makuru murayamenyeshwa.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Messi n’ikipe ye bageze muri Arabia Saudite -Amafoto

Umukinnyi w’umunya-Rwanda ufite imyaka 18 yasinyiye Brighton yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza