in

Muri iyi minsi mikuru bamwe mu bantu binubiraga gutahishwa igitaraganya ngo amasaha yakuze uboshye ibibondo ubu nibo bari kumwenyura nyuma yo kumva ko amasaha yongerewe mu rwego rwo kwishimira iminsi mikuru(soma inkuru yose)

club party

Muri iyi minsi mikuru bamwe mu bantu binubiraga gutahishwa igitaraganya ngo amasaha yakuze uboshye ibibondo ubu nibo bari kumwenyura nyuma yo kumva ko amasaha yongerewe mu rwego rwo kwishimira iminsi mikuru.

Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, ahabera imyidagaduro ni ukuvuga mu tubari, utubyiniro na za resitora, hongerewe amasaha yo gukora nijoro, muri iki gihe u Rwanda rwinjiye mu minsi mikuru.

Iyo gahunda yo gukuraho ibyo gufunga ibikorwa by’imyidagaduro mu masaha y’ijoro, iratangira ku itariki 15 Ukuboza 2023, ikazarangira ku itariki 7 Mutarama 2024, nyuma y’iyo tariki, amasaha yo gufunga akazasubira uko yari asanzwe, nk’uko itangazo ry’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) ribivuga.

Itangazo rya RDB.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi : Minisitiri w’Uburezi yahuye na mwarimu wamwigishije mu mashuri abanza – ifoto

Yagiye yanyereje n’agasatsi! Umunyamujyi Muhire Kevin yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we [Amafoto ]