in

Muhanga: Umugabo yiyahuriye mu marembo yo kwa Sebukwe nyuma y’urwo yari ahaboneye

Mu karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo witwa Ngezahayoo Jean Bosco w’imyaka 36 y’amavuko wiyahuriye mu marembo yo kwa sebukwe kubera ko yagiye gucyura umugore we wari warahukanye maze ababyeyi be baramumwima.

Abaturage bavuga ko umugore wa nyakwigendera yahukanye kubera ko uyu mugabo we yamukubitaga maze ahitamo kumuhunga ajya kwa Se umubyara.

Ngenzahayo Jean Bosco asize umugore n’abana babiri b’abakobwa. Hategerejwe inzego z’ubugenzacyaha ngo zipime umurambo we, ukiri aho hafi y’urugo rwa Sebukwe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

Epaphrodite Nsengimana is the Journalist on Yegob.rw.
For more information, WhatsApp +250789580289

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imibyinire ya Harmonize ikomeje kuvugisha benshi

Mbere yo guhura na Kiyovu Sports, Rayon Sports yahannye abakinnyi bane bari bamaze igihe bavugwaho imyitwarire mibi irimo ubusinzi bukabije