in

“Mube hafi ya Junior Giti kuko yabuze Se” Chris Eazy yasabye abanyarwanda kuba hafi ya Junior Giti wamfushije mukuru we (Videwo)

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda, Chris Eazy yasabye abanyarwanda kuba hafi ya Junior Giti wamfushije mukuru we Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga.

Ubwo yari ari mu kiganiro na MIE Empire ikorera kuri YouTube, Chris Eazy yavuze ko Junior Giti akeneye kwitabwa kuko yabuze Se atabuze Mukuru we. Junior Giti yafata Yanga nka Se aho kumufata nka mukuru we.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shampiyona y’u Rwanda igiye gutangirana bya bibazo bitajya bishira

Burya yavutse atwika, Ifoto ya Hamisa mobeto akiri umwana yishimiwe na benshi (ifoto)