in

Mu Rwanda hagiye gutangira kwigishirizwa Ikirusiya

Ambasade y’u Burusiya mu Rwanda yatangaje ko igiye gutangira kwigisha ururimi rw’Ikirusiya mu Rwanda, bikazakorwa bigizwemo uruhare na Kaminuza y’u Rwanda ndetse n’iya St Petersbourg.

Byitezweho ko aya masomo y’ururimi rw’Ikirusiya azatangira gutangwa mu Rwanda guhera muri Nzeri 2023.

Ku Isi habarwa abantu miliyoni 258 bavuga Ikirusiya, ariko abagikoresha nk’ururimi kavukire ni miliyoni 154.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Element yamazwe impungenge n’abakunzi be nyuma yo kubashidikanyaho

Ubuhamya bugiye kurikora! Urubanza rwa Prince Kid rwasubiye i bubisi – VIDEWO