in

Mu mujyi rwagati abakarasi n’abazunguzayi bateraniye ku ba DASSO barabakubita karahava -VIDEWO

Mu mujyi wa Gisenyi wa Karere ka Rubavu, abakora ubucuruzi butemewe buzwi nk’ubuzunguzayi bateraniye ku ba DASSO barabakubita nkabakubita ibisambo.

Aba bacuruzi bateraniye aba DASSO barabakubita, babatera amabuye, ndetse babacira n’inkoni, babaziza kubamenera ibicuruzwa bari bari gucuruza.

Aba ba DASSO baje aho aba bacuruzi bacururizaga, ariko baza bambaye gisivire, batangira kumena ibintu byab’abantu.

Umwe mu bakarasi ubwo yabonaga umuntu atazi amumeneye imari , nawe yahise ahagurukana umujinya atangira kumukubita kuko atari yamenye ko ari DASSO ahubwo yari aziko ari igisambo.

Aba bakarasi bavuga ko nibazajya baza bambaye inifomo yabugenewe bazajya babubaha, ariko nibaza bambaye bisanzwe bazajya babafata nk’ibisambo. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yamaze gutangaza igihe izashyikiriza igikombe Nyamukandagiramukibuga yegukanye

APR FC bayitangarije igihe izahererwa igikombe cya yo