in

Mu mujyi, abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange baraye ku mirongo bategereje imodoka zibacyura baraheba [AMAFOTO]

Imirongo miremire yongeye y’abatega imodoka mu buryo bwa rusange yongeye kugaragara mu mujyi wa Bujumbura.

Impamvu y’ibi ni uko hari ibura ry’ibikomoka kuri Peterole bizwi nka Mazout.

Iminsi ibaye ibiri muri uyu mujyi habuze Mazutu, ibintu byatumye abagenzi batari kubona imodoka uko bikwiye.

Mu ijoro ryakeye bwo byari bikomeye nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Jimbere Magazine cyo mu Burundi, aho abagenzi bari benshi cyane ahategerwa maze imodoka yazaga bayirwanira ari nako banyirazo babacaga 3.000 Fbu.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin [The Ben] yatangaje undi muhanzi w’icyampamare uzitabira ubukwe bwe

Nkurunziza Ismael w’imyaka 37 y’amavuko, arashakishwa n’Inzego z’umutekano nyuma y’uko mu nzu ye hasanzwe icyobo yahacukuye akaba yari agiye kujugunyamo umumotari