in

Mu mubona akoresha amaboko: Wa mugabo uba uri hasi ku makuru ya Televisiyo Rwanda akora iki?

Abareba amakuru ya Televisiyo Rwanda babona umugabo uba uri hasi gato aho aba ari gukoresha ibimenyetso by’amaboko.

Nshimiyimana Yvan Emile ni umwe mu bagaragara muri ubwo buryo.

Uyu ni umunyamakuru aho aba ari gusemura amakuru mu rurimi rw’amarenga.

Buri kintu kivuzwe agisemura mu marenga kugira ngo na babandi batabasha kumva babashe kumenya uko igihugu cyiriwe.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platnumz yafashe Asake na Burna Boy abakubita akanyafu ku nda bari iburayi -IFOTO

Babivuze ukuri ngo burya si buno! Ikipe ya Musanze FC ikomeje gukandagira isyonyora amakipe yo mu Rwanda -IFOTO