in

Mu marira menshi Shaddyboo yagaragaje agahinda yatewe n’inkundo z’iki gihe nyuma yaho umusore bakundanaga yabonye icyo yashakaga agahita yigendera

Isububirire kwa Papa w’abana nubundi aho yaciye ntihanyura urwango! Mu marira menshi Shaddyboo yagaragaje agahinda yatewe n’inkundo z’iki gihe nyuma yaho umusore bakundanaga yabonye icyo yashakaga agahita yigendera.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Shaddyboo yasangije amashusho ateye urujijo arangije yandikaho amagambo agaragaza ko yababajwe cyane n’inkundo z’iki gihe.

Ni nyuma yuko umusore bari bamaze iminsi bakundana amaze kubona icyo yishakiraga agahita agenda nka nyomberi.

Shaddyboo akimara gusangiza aya mashusho abantu bamugiriye impuhwe batangira kumwihanganisha ariko hakabamo n’abamugira inama.

Umwe mu bamugiriye inama, yamugiriye inama yo gusubira kwa Papa wa bana ngo kuko aho yanyuze hatanyura urwango, bityo rero yakongera akamukunda.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi ukunzwe cyane mu gihugu yatunguranye nyuma yaho bamuhamagaye ku rubyiniriro akaza afite umuhoro – Amafoto

CECAFA: Amavubi yatangiye anyagirwa