in

Mu mafoto reba uko mu Rwanda hizihijwe umunsi mukuru w’imbwa

Uyu munsi mukuru wizihijwe ku nshuro ya  mbere mu Rwanda ukaba wateguwe na The Dog Haus, ikigo cyigisha ikinyabupfura imbwa, sosiyete Sniper Knnel na Bravo Dog Food.

Ni umunsi witabiriwe cyane n’abatunze iri tungo ndetse n’abarikunda ndetse n’abana bari bifuje kuza kureba uko uyu munsi mukuru wizihizwa. Eric utunze imbwa yagize icyo atangariza igihe dukesha iyi nkuru.

Yagize ati “Twabyishimiye cyane kuko itungo ry’imbwa niryo tungo ryonyine Imana yaremye ryiyibagirwa rikita kuri nyiraryo, rero kuba natwe twizihije uyu munsi mpuzamahanga waryo ni iby’agaciro gakomeye.”

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba uko byari bimeze ubwo basezeraga bwa nyuma ku mubyeyi wa Meddy (video)

Inkuru ya kababaro ku bakinnyi n’abakunzi b’umukino wa magara