in

Mu ijwi ryuzuye ikiniga: Fifi Raya yatangaje imbogamizi abahanzikazi bahura nazo harimo no kwakwa ruswa y’ibintu bihanirwa n’amategeko

Mu ijwi ryuzuye ikiniga: Umuraperikazi Fifi Raya yatangaje imbogamizi zikomeye abahanzikazi bahura nazo harimo no kwakwa ruswa y’ibintu bihanirwa n’amategeko.

Fifi Raya yatangaje ko abahanzikazi bahura n’imbogamizi nyinshi zitandukanye harimo no kwakwa ruswa y’igitsina n’abantu bagakwiriye kubafasha bababeshya ko bagiye kubagezaho batakigeza.

Uyu muraperikazi uri kuzamuka neza muri iyi njyana yanasabye abantu guha agaciro ibyo bakora ngo dore ko rimwe na rimwe bashobora amafaranga ariko batazi ko ejo bazabona icyo kurya ibi akaba yabitangaje ubwo yaganiraga na InyaRwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Real Madrid itsinze Manchester United mu buryo busuzuguritse cyane -AMAFOTO

Amakuru mashya ku nkuru y’umugabo wakubiswe kugera apfuye azira kudatanga inkwano kwa Sebukwe