in

Mu gitaramo, Kenny sol yagizwe insina ngufi bamusuzuguza mitsingi (video)

Ni ikibazo cyafashe indi ntera ndetse abantu hirya no hino bavuga ukuri ku bibera mu muziki nyarwanda ngaho gufatwa nabi, guhabwa amafaranga make harimo no kutayabona, kurutishwa abanyamahanga, utuzu hagati y’abahanzi ndetse n’ibindi bitandukanye.

Kenny Sol mu gitaramo cya The Ben yanze kuririmbamo kandi yari ari ku rutonde rw’abahanzi bari kuririmbamo ariko biza kurangira ataririmbye ashaka ko babanza kumwishyura dore ko igitaramo yari aherutse gukora atri yishyurwa.

Umwe mu bateguye iki gitaramo, yamuhaye telephone ye ngo ayigwatire ariko ajye kuririmba ariko Kenny Sol aranyanga dore ko bari bamusuzuguye bakamwakiriza Mitsingi na Heineken enye mu gihe bimenyerewe ko bacugusa shampanye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abikorera bazize kuvuganira abaryamana bahuje ibitsina

Dj Brianne yifatiye ku gahanga Apotre Mutabazi wigize nk’indaya kuri social media