in

Mu cyongereza cy’inshi! Bruce Melodie yumvikanye mu bitangazamakuru byo muri USA avuga icyongereza nk’abazungu bahavukiye (VIDEWO)

Bruce Melody na Shaggy bari kuzenguruka mu bitangazamakuru muri leta zunze ubumwe z’Amerika aho bari kumenyakanisha indirimbo bafitanye bise ‘When She is araund’.

Biteganyijwe ko iri joro aribwo bafite igitaramo cya mbere i Dallas.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya kuri Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agasiga umwana we w’amezi abiri akajya kwivuza muri Texas Hospital

Abagabo bishe batemaguye Mberamihigo bamukuraho umutwe basiga agaramye mu marembo y’urugo rwe adudubiza amaraso, bakatiwe igihano cyitari burundu