in

Mu bapfiriye mu mpanuka yabereye i Karongi harimo abarimu babiri bigishaga ku Kigo kimwe

Ku munsi wo ku cyumweru nibwo i Karongi habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Hiace aho abantu batandatu bahise babura ubuzima.

Muri abo batandatu baburiye ubuzima muri iyo modoka yaguye mu mpanga, harimo Abarimu 2 bigishaga ku Kigo cy’amashuri cya Gs Saint Joseph Cyinama ndetse n’umucungamutungo.

Mu bakomerekeye muri iyi mpanuka kandi harimo abalimu bagera ku munani nk’uko bitangazwa na RBA.

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Wowe uri Mama” Umunyamakuru Anita Pendo yetewe indobo n’umusore w’icyamamare yihebeye yicaye mu modoka yiguriye (video)

“Ndaho cyane wa mfura we” Urukundo rwongeye ku gurumana hagati y’umuhanzikazi Marina Deborah na Yvan Muziki