in

#MisterRwanda2022: Abasore 5 b’inkorokoro nibo bagomba guhagararira Intara y’Amajyepfo (Amafoto)

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Werurwe nibwo habaye amajonjora mu Ntara y’Amajyepfo mu rushanwa rya Mister Rwanda 2022.

Nyuma yo kuzenguruka Intara zigiye zitandukanye, uyu munsi hari hatahiwe Amajyepfo. Muri iyo Ntara abasore batanu nibo bagomba guhagararira Intara y’Amajyepfo mu rushanwa rya Mister Rwanda 2022.

Abo basore ni: Ntirushwa Eric [No 23], Nshuti Jonathan [No 11], Rwagasore Eric [No 24], Kayiranga Patrick [No 13], Rukundo Derrick [No 14].

Amafoto y’abo basore:

Ntirushwa Eric [No 23]

Nshuti Jonathan [No 11]

RwagasoreEric [No 24]

Kayiranga Patrick [No 13]

RukundoDerrick [No 14]

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igisambo cyuriye itara ryo ku muhanda kubera abantu cyari cyibye

Inkuru nziza n’urutonde rw’abiyandikishije gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali