in

Miss Uganda yaciye amazimwe y’uko yaba ari Umunyarwanda

Miss Hannah Karema Tumukunde wegukanye ikamba rya miss Uganda yakuyeho ibihuha byavugaga ko ari Umunyarwanda.

Nyuma y’uko uyu mukobwa atorewe kuba Miss wa Uganda, abantu batangiye kuvuga ko ari Umunyarwanda.

Nyuma y’ibyo, uyu nyampinga utari wamara icyumweru ku buyobozi, yavuze ko ari Umugande wuzuye.

Aganira n’umunyamakuru w’i Bugande, yavuze ko mama we ari Umunyarwandakazi ni uko Papa we akaba ari umunya-Ankole.

Tumukunde yavukiye muri Uganda ndetse afite n’ubwenegihugu bwaho, ubu ni we miss wa Uganda 2023.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore w’imyaka 29 warutunzwe no kwiba ama telefoni yafashwe avuga amayeri yakoreshaga azigurisha abantu barumirwa

Umuntu washushanyije igishushanyo kihinduranyamo Pele, Messi, Maradona, na Ronaldo yatangaje benshi