in

Miss Kayumba Darina arimo kubyinira ku rukoma nyuma y’ibyamubayeho

Yitwa Kayumba Darina akaba ariwe mukobwa wegukanye ikamba ry’igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’U Rwanda 2022. Kuri ubu Kayumba Darina ari mu byishimo byinshi nyuma yo kuzuza umubare w’abantu basaga ibihumbi ijana bamukurikira ku rubuga rwa instagram.

Kayumba Darina abinyujije kuri story ya instagram ye yashyizeho ifoto igaragaza umubare w’abantu basaga ibihumbi ijana bamukurikira kuri instagram maze ayiherekesha amagambo agira ati « 100k 🙀❤️‍🔥 Thank you guyssss ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje:umwana w’imyaka 7 akurura imodoka ipima amatoni(amafoto)

Tangira urye amafi kubera izi mpamvu zikomeye