in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Miss Albina ushinjwa ubutinganyi agize icyo abivugaho.

Nyuma y’aho Miss Albina Sydney Kirenga waje kumenyekana muri 2016 nka Miss Popular Elegance Rwanda, ashyize hanze amafoto ari kumwe n’umukobwa Mutesi Sharon bamwe bavuga ko ariwe mukobwa bakundana nk’uko bivugwa, aha Albina mu bitekerezo yagaragaje ko ari byo ahandi akibasira bamwe bamubwiye nabi.

Hari hashize igihe uyu mukobwa ashyirwa mu majwi ko akundana n’umukobwa bahuje igitsina ibizwi nk’ubutinganyi, gusa nta gihamya gihari kuko nawe ntarerura ngo abitangaze. Yaje kunyarukira ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza amafoto ari kumwe n’umukobwa mugenzi we Mutesi Sharon benshi bacika ururondogoro bamwibasira , gusa mu gusubiza abagiye bamubaza nimba koko akundana n’uwo bahuje igitsina , ntabwo yigeze ahakana , yagaragazaga ko aribyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yasabye gatanya nyuma yo kubona umugore we ari mubi atisize ibirungo.

Dore ibyabaye kuri wa mukobwa Higa Sharon nyuma yo kubyinana na Rema muri Kigali Arena