in

MINEDUC yatangaje uburyo bushya bwo gusohora amanota y’ikizamini cya Leta

Nkuko byari bisanzwe, abanyeshuri babaga basoje ikiciro cy’amashuri abanza, ndetse n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, babarirwaga amanota yabo bitandukanye nabo mu basoza ikiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye.

Mineduc yatangaje ko bigiye guhinduka bose akajya babarirwa amanot mu buryo bumwe aho kugira ngo buri kiciro kigire uburyo bwo kubarirwa amanota.

Twagirayezu Gaspard yagize ati “hari hasanzweho uburyo bugera kuri butanu bwo kubara amanota gusa ariko kuri ubu, tugiye kujya dukoresha uburyo bumwe hose mu kubara amamota y’ikizamini cya Leta”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Producer Element na Miss Kelia Ruzindana

Breaking News: Myugariro ukomeye w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona ikipe nshya i Burayi