in

Menya umuti wagufasha kongera imbaraga mu gihe cyo gutera akabariro

 

Benshi mu bagabo batuye Isi batandukana n’abagore babo bapfa kutubahiriza inshingano z’urugo zijyanye no kutabasha guhaza umugore mu gihe cyo gutera akabariro.

Ibi iyo umugabo atabikorera neza umugore we ashobora kutabyihanganira akaba yashaka abandi bagabo babimukorera mu gihe umugabo adahari umugabo yabimenya bigateza amakimbirane mu rugo ndetse bagatandukana nabi.

Dore umuti ushobora gukoresha kugira ngo wirinde kuba warangiza vuba:

1.Revive: n’igihingwa kirandaranda gikorwa mu byatsi kiri mu bwoko bwa ‘berberidacea’ cyikaba kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa no mu bice bya Aziya, Revive ivura gusohora vuba ku bagabo ndetse n’ingaruka ziterwa no kwikinisha.

Iki gihingwa kimaze imyaka igera ku bihumbi bibiri mu gihugu y’Ubushinwa gikoreshwa mu kongerera imbaraga abagabo mu gihe cyo gutera akabariro ndetse no kuvura imikorere mibi ku mubira w’umugabo.

3.Tangawizi: burya tangawizi nayo n’umuti ukomeye cyane utakugiraho ingaruka wakoresha kugira ngo wongere imbaraga mu gihe ushaka gutera akabariro kuko burya ntangaruka mbi ya kugiraho bitewe nuko ari igihingwa karemano.

4.Urusenda : n’umuti utazwi na benshi kuko nubundi barurya bataziko rwongera ubushyuhe mu mubiri maze amaraso agatembera neza mu mubiri kuburyo bitera ubushake bwo gutera akabariro.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya Tangawizi n’umuti ukomeye cyane dore ibyiza 6 byayo utari uzi 

Amafoto ya Papa Francisco yambaye nk’abasitari akomeje kubica ku mbuga nkoranyambaga