in

Menya impamvu umuntu aba yumva yasubirana na ex we kandi yaramubabaje

Bajya bavuga ngo aho yanyuze nt’ihanyura urwango! Nibyo akenshi abakobwa cyangwa abahungu bataka ko aba ex babakunzi babo aribo babamazeho abakunzi.

Ibyo byose biterwa n’utmrukundo rwanyarwo, ibi bikurikira ni bimwe mu bituma umuntu aba yumva yasubirana na ex kabone nubwo yaba yaramubabaje.

*Hari ubwo baba baranyuranye mu bihe byiza ndetse akaba afite ikintu kimwibutsa ibyo bihe banyuranye.

*Umukunzi mushyashya ashobora kuba atamwitaho nk’uko ex we yabikoraga.

*Inshuti ze akenshi zihora zimwibutsa ko yakosheje ubwo mwatandukanaga

*hari ubwo aba yumva nimusubirana amakosa mwakoze atazasubira.

*kimwe mu bimuhatiriza kuguma agukunda ni uko aba abona abandi bakwitaho, bikamubabaza.

Ni byinshi bituma umuntu ahora yifuza gusubirana n’uwo batandukanye, ibyo bigatuma abona ko ntawamusimbura.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Isakoshi ya Satani yuzuyemo ubusa ariko iyi Mana yuzuyemo amafaranga” Ikorasi y’umunsi yuzuyemo ubutumwa bukomeye (video)

Umwana yahise abinnyamo: Umugabo yavundiwe n’umwana we ahita yifata mapfubyi (video)