in ,

Meddy yahobeye umukobwa wari warembye akira atavuwe (amafoto)

Ubwo Meddy yari i Huye  mbere yuko ajya kuva ku rubyiniro umwe mu bakobwa mu myanya y’imbere yanyuze ku ruhande, yafashwe n’ikiniga arahogora biba ngombwa ko uyu muhanzi amuhobera cyo kimwe n’abandi bafana bari bamushagaye banze ko ava aho.

Uwo yahobeye yafashwe n’ihungabana ajyanwa kwitabwaho n’abatabara imbabare. Nyuma y’akanya uyu mukobwa yongeye kugarurwa yahogoye mbere y’uko Meddy ataha, ariko bitewe n’umubyigano w’abandi bafana ku modoka hafatwa icyemezo cy’uko abafashwe n’ihungabana bajyanwa kwa muganga akabasangayo n’ubwo byaje kurangira uyu amuhobeye umwanya munini kugeza ubwo agaruye intege icyemezo cyo kumujyana mu bitaro kirahagarikwa.

Ni nyuma yuko Meddy ubwo yari i Inyamasheke kandi yaje kwemererwa urukundo n’umwe mu bakobwa ndetse amwemerera ko babana

 

Source : IGIHE

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aka ni akumiro: Oda Paccy yatutse Ama-G the black ibitutsi bikomeye aramwandagaza

Shaddy Boo yitabiriye ibirori yambaye umwambaro uteye ukwawo (WUREBE HANO)